Ntuzongere kurya ibi biribwa 4 biri kumwe n'amagi (ni uburozi ku mubiri wawe)

Ntuzongere kurya ibi biribwa 4 biri kumwe n'amagi (ni uburozi ku mubiri wawe)

 Burya hari  ubwoko bw'ibiryo utagomba kuvanga kubera ko bishobora guhinduka uburozi ku mubiri wawe . muri iyi nkuru turakubwira ubwoko bw'ibiribwa 4 utagomba kurya biri kumwe n'amagi kubera ko bihinduka uburozi mu mubiri wawe .

Burya ibiryo nubwo ari byiza ariko rimwe na rimwe bishobora gutera uburozi mu mubiri cyangwa bikaba bishobora kudutera ibibazo bitandukanye .

Dore ibiribwa utagomba kurya ngo nurangiza uhite urya amagi 

Ibi biribwa bikurikira iyo ubiriye , ukabivanga n'amagi bishobora gutera ibibazo 

1.Amafi 

Ntuzongere kurya ibi biribwa 4 biri kumwe n'amagi (ni uburozi ku mubiri wawe)


Burya kurya amafi bituma Vitamini B7 iboneka mu magi itinjira neza mu mubiri bityo ugasanga kurya amafi ari kumwe n'amagi bisa no gukora ubusa .

2.Ibijumba n'ibirayi

Ntuzongere kurya ibi biribwa 4 biri kumwe n'amagi (ni uburozi ku mubiri wawe)


Burya ibijumba n'amagi nabyo ni ibiryo bitajyana , ibijumba bituma ubutare bwa fer n'umunyungugu wa karisiyumu dusanga mu magi bitera ibibazo nko kugubwa nabi mu mubiri ndetse nizo ntungamubiri ntizinjire neza mu mubiri .

3.Amata 

Ntuzongere kurya ibi biribwa 4 biri kumwe n'amagi (ni uburozi ku mubiri wawe)


Kuvanga amata n'amagi nabyo ni bibi kuko bishobora gutera ibibazo mu nda no mu nzira zigogora ndetse ibi biribwa byombi bibarizwa mu itsinda rimwe ry'iby'ubaka umubiri bikomoka ku matungo 

4.Imbuto 

Ntuzongere kurya ibi biribwa 4 biri kumwe n'amagi (ni uburozi ku mubiri wawe)


Burya imbuto n'amagi ntabo bigogorwa kimwe ndetse n'igihe bimara bigogorwa ntibingana bityo kubivanga bishobora gutera ibibazo byo mu igogora .

Izindi nkuru wasoma

Gatabazi Jean Sauveur

Umwanditsi akaba n'umuyobozi w'ikinyamakuru cya UbuzimaInfo cyandika ku nkuru zivuga ku buzima Website :www.ubuzimainfo.rw Youtube: UbuzimaInfo Tv

Post a Comment

Previous Post Next Post