Ibikoresho byo kwa muganga n'akamaro kabyo igice cya 2

Bimwe mu bikoresho byifashishwa kwa muganga naho bikoreshwa ,kenshi abantu benshi ntibaba basobanukiwe n’ibikoresho byo kwa muganga ,muri iyi nkuru twaguteguriye bimwe muri ibyo bikoresho n’akamaro kabyo

Imiterere yo mu ibagiro ,aho babagira abantu ,iyi foto iragaragaza agatanda babagiraho ndetse nibindi bikoresho byifashishwa mu kubaga ,

harimo ibyifashishwa n’umuganga utera ikinya ndetse nibindi byifashihwa mu kuzahura uwagize ikibazo

Agatanda ko kwa muganga bifashisha mu isuzumiro ,aka gatanda niko karyamishwaho umurwayi usuzumwa bityo muganga bikamworohera kuba yasuzuma ahantu hose hafite ikibazo
Uducupa dukoreshwa mu gukusanya amaraso ,akoreshwa mu laboratwari bapima uburwayi butandukanye
Uturahuri twifashishwa mu gusuzuma amaso ,harebwa urugero rw’ikirahuri umuntu yambara
Chat zikoreshwa mu kuvura amaso ,umuganga w’amaso asomesha umurwayi harebwa ubushobozi bwo kureba bwe
Ibikoresho byifashishwa bamanikaho serumu
Ibitanda by’abarwayi
Amalunete yifashishwa mu kuvura abafite uburwayi bw’amaso
Akagare kifashishwa n’abafite ikibazo cy’amaguru cyangwa abafite ubumuga n’imvune
Agakoresho kazwi ku izina rya Saturometer kifashishwa mu gupima ingano y’umwuka mu maraso
Agatoroshi bamurikisha bareba imboni ya muntu

Izindi nkuru wasoma:

Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yo ku wa 28 Ugushyingo 2021

Nyuma yo gukora ubushakashatsi kuri virusi ya Omicron ,hatangaje ibintu bidasanzwe kuri iyi virusi

Kanguka: Hari byinshi tutabwiwe ku ndwara ya Diyabete ,Sobanukirwa n’impamvu iyi ndwara igiye kurimbura isi

Uritondere ibi bimenyetso ,niba ubifite ushobora kuba ufite uburwayi bwa Diyabete

Gatabazi Jean Sauveur

Umwanditsi akaba n'umuyobozi w'ikinyamakuru cya UbuzimaInfo cyandika ku nkuru zivuga ku buzima Website :www.ubuzimainfo.rw Youtube: UbuzimaInfo Tv

Post a Comment

Previous Post Next Post