Inama 6 Tugirwa n’umuhanga Edward Snowden mu kurinda ko twakwibwa amakuru kuri Telephone no kubuza ko twanekwa binyuze mu kwinjirira telephone zacu na mudasobwa


Muri iyi minsi aravuwa iyibwa ry’amakuru no kumviriza telephone zacu binyuze kuri porogaramu   ya Pegasus yakozwe n’abanyaisiraheli,ikaba ari porogaramu  ineka umuntu binyuze kuri telephone mu buryo bw’ibanga





Burya telephone iyo ariyo yose ishobora kwibwa amakuru  cyane cyane izi zizwi nka Smartphone ,zo kuzinjira no kuzidahamo amakuru biroroshye  ku buryo bidasaba ubuana buhanitse





Telephone za Iphone na Blackberry zari zari hagazeho ku kuba zitakwinjirirwa byoroshye  ariko  mu nkuru yateje saga mu itangazamakuru  mpuzamahanga  byatangajwe ko nubwo bwoko bwayo matelephone ,Pegasus  ifite ubushobozi bwo kuyinjirira .





Bwana Edward Snowden umuhanga  mu ikoranabuhanga wakoreye ikio cya NSA cy’abanyamerika ndetse  akabasha  kubiba amakuru menshi





Ayo makuru yibwe nawe niyo yabashije  utakaza ku mugaragaro  ko ibihugu  byumviriza abantu ku matelephone  ndetse bikiba amakuru ari kuri izo telephone ,aha twavuga  ,messae ,emails,chat zo ku mbuga nkoranyambaga nandi menshi





Ni muri urwo rwego  Edward Snowden yifashishije  ubumenyi kuri mudasobwa ndetse n’uburyo yabonye tunekwa ku byuma by’ikoranabuhanga  yagiriye abantu inama zikurikira kugira no birinde kunekwa no kumvirizwa ndetse no kuba bakwibwa makuru ,





1.Mu gihe uguze Telephone nshya,Guca inzira za micro na camera ugakoresha Ecouteur gusa mu gihe witaba cyangwa uhamagara





Ubwo yari mu kiganiro  n’umunyamakuru Edward yatangaje  ko bisa naho  bidashoboka  telephone yo mu bwoko bwa Smartphone  wayirinda kwinjirirwa ahubwo icyo ukora ari ukugabanya ingano yibyo bumviriza nibyo bakwiba





Yavuze ko ari byiza guca inzira za kamera na Micro kuko zifashishwa mu ku kumviriza no kuba bafata amashusho yibyo urimo mu gihe winjiriwe kandi ibi bigakorwa utanabizi.





Ni byiza ko ukoresha  ecouteur cg eadpone mu gihe ukoresha  telephone kuko bituma utumvirizwa kandi ukirinda kubika ibintu byawe by’ibanga kuri telephone





2.Gukoresha  password zikomeye ku byuma by’ikoranabuhanga cyane cyane mudasobwa na telephone





Ni byiza Gukoresha password zigizwe  n’imibare ndetse n’ibimenyetso bigoye  gufindura kuko birinda ko umuntu wese atapfa ku kwibira amakuru ndetse no gufungisha  buri kantu kuri telephone kose password.





Edourd agira  abantu ukoresha  udupurogaramu  dushobora guhindura ibimenyetso by’amajwi aribyo bita Encryption .utwo duporogaramu tukaba tubasha guhindura  amajwi ku buryo bitoroshye kuyumviriza  keretse hakozwe  ibyitwa decryption bisaba ubumenyi buhambaye.





Inkuru bijyanye:





Pegasus Irimo gukoreshwa mu kwiba amakuru kuri telephone yawe ,havumbuwe uburyo wakwirinda kwibwa amakuru yawe





Imikorere ya Pegasus ,Porogaramu yifashishwa mu kuneka ,kumviriza no kwiba amakuru kuri telephone zacu





3.gushyira  ljambo ry’ibanga ku bubiko bwose ufite yaba hard disk na Flash Disk kandi ugakora ku buryo  gusyiramo imibare itariyo bihita bisiba amakuru ariho





Edward snowden avuga ko byorohera aba Hackers guhuzahuza imibare kugira ngo  barebe ko bavumbura imibare ifungura ahantu ,bikaba ari byiza gukoresha porogaramu ishobora guitar isiba ibiri ku bubiko bwawe mu gihe  bwinjiwe ari byo bita Self-destruction software.





4.Gukoresha  ibyitwa  two factor autentification





Ubu ni uburyo bwo gukoresha password ebyiri kugira ngo ubashe gufungura  mudasobwa cyangwa telephone ,





Umu hacker aanini kugira ngo  agere ku makuru yawe bimusaba kumenya izo password cyangwa akaba yakora  mu ntoki ze ku gikoresho  kugira  abe yagishyiramo ibyagereranwa na virusi byatuma akwinjirira.





5.Kwirinda gukoresha imbuna zihurirwaho na rubanda nyamwinshi nka facebook ,Twitter nizindi





  Edward  avuga ko ahanini ibio by’ubutasi bikoresha izi mbua kugira no bibashe kwinjirira abazikoresha no kubiba amakuru ,





Ni byiza gukoresha izi mbuga mu bwitonzi no kwirinda gufungura Link woherezwa  zose.





6.Gukoresha  uburyo bwa Tor nka Browser yawe





Tor  bivuga  The  Onion Router ikaba ari uburyo  bwo ukoresha internet Browser ,Tor ikaba yariswe gutyo bishyingiye  ku mutekano itanga  ao bioye kwinjirira umuntu uyikoresha





Uko igitunguru  kigira  utu layer twinshi kugira ngo  ubashe kugera imbere yacyo nuko na Tor ioranye kuyinjirira ,ninzeo z’ubutasi nka FBI na CIA ntabwo zifite ubushobozi bwo kuyinjira ,





IZindi nkuru wasoma :





Amwe mu magambo adasanzwe ya Perezida John Pombe Magufuli ndetse n’imyizerere ku cyorezo cya Koronavirusi





Ibintu byagufasha gukesha uruhu no kongera ubwiza wifashishije ibintu kamere





Amateka y’ikirunga cya Nyamuragira na Byinshi wakimenyaho ,ikirunga kitigeze kizima


Gatabazi Jean Sauveur

Umwanditsi akaba n'umuyobozi w'ikinyamakuru cya UbuzimaInfo cyandika ku nkuru zivuga ku buzima Website :www.ubuzimainfo.rw Youtube: UbuzimaInfo Tv

Post a Comment

Previous Post Next Post