Impamvu zitera urupfu mu gihe cyo gutera akabariro


Hagiye hagaragara imfu nyinshi z’abantu batandukanye zumvikana nk’ibintu bisekeje mu gihe byatangajwe ko bapfuye batera akabariroariko burya hari impamvu zitera urupfu ziba zibyihishe inyuma





Ikinyamakuru cya Pshycology taoday ndetse n’ibindi binyamakuru nka Research gate ,webmed nibindi byakoze ubushakashatsi ku mapmvu zisobora gutera urupfu rutunguranye  mu gihe utera akabariro winikije ugeze haati cyangwa urimo kurangiza.





Byagiye bikekwa ko abagabo bapfira mu maguru y’abagore  ahanini biterwa no kuba baba basananywe ibibazo by’ubuzima arimo uburwyi budakira ,ino zarabananiye no kuba baba bafase imiti yongera akanyabugabo nka Viagra  cyangwa Sildenavir.





Inkuru iheruka yamenyekanye cyane niyo umusore w’imyaka 20 wo mu murine wa Kabarore  mu karere ka Gatsibo byavuzwe ko yapfuye ubwo yateraga akabariro n’umukunzi we ,Iyi nkuru yanditswe  n’ibinyamakuru bitandulamye birimo ,umuryango.rw, ukwezi.rw,intyoza,com nibindi bitandukanye .





Abashakashatsi b’Abadae bakoze ubushakashatsi  ku cyaba gitera imfu zitunguranye  mu ie cyo gutera akabariro ,ao bakoreye  ibizamini bikorerwa umurambo aribyo bita Autopsy ,ku bantu barenga 16.437 bikekwa ko bapfuye batera akabariro ,ubu bushakashatsi bwakozwe mu gihe kingana n’imyaka 25.





Kubera imyaka bwamaze bukorwa ndetse bugakorwa mu bie bitandukanye no ku Bantu batandukanye b’imyaka itandukanye bituma ubu bushakashatsi bwaravuyemo impamvu za nyazo zitera urupfu rutunguranye  mu gihe cyo gutera akabariro.





Dore ibyo ubushakashatsi bwavumbuye





Abashakashatsi babonye amatsinda ane y’abantu bapfuye ku mpamvu zitandukanye ariko zose zifitanye isano no gutera akabariro





1.Itsinda rya Mbere                  





Rigizwe n’abantu bapfuye biturutse ku mapnuka yabaye mu gihe cyo gutera akabariro ,aha twavuga  nko kunyerera ku itanda ukikubita hasi ,kuba yaryoherwa aakubita umutwe ku ikuta n’ibindi ariko bituruka kuri accident ishobora  kuba mu gihe  mutera akabariro.iri tsinda rikaba riize 39% by’abapfuye batera akabariro





2.Itsinda rya kabiri





Rigizwe n’impfu z’abantu zikomoka ku burwayi bw’umutima ndetse n’izindi ndwara umuntu yari afite byaba byari bizwi azivuza cyangwa bitazwi





Iki gice kigizwe na 31% by’imfu z’abakoreweho ubushakashatsi ,ibi bikaba biterwa no guhagarara ku mutima biturutse ku burwayi bwawo harimo nka Coronary heart disease ,hypertension ,ibibazo ku mavaluve y’umutima ,ibimenyetso by’amashanyarazi bigenzura ugutera ku mutima bikora nabi ,indwara ya Diyabete ,indwara z’umwijima n’impyiko,





3.Itsinda rya gatatu





Abapfuye bo muri iri tsinda bagize 30% by’imfu zakoreweho ubushakashatsi ao byatewe n’ibikoreso bakoresheje  bakora imibonano mpuzabitsina cyangwa bikinisha ,aa twavuga ukoresa imigozi izirikwa mu ijosi no baruseho kuryoherwa ikaba yagabanya amaraso ajya ku bwonko ,





gukoresha imasini zisobora kwaniza imyanya y’imbere y’umugore ,gukebanya ijosi mu gihe urangiza biturutse ku byishimo  byakurenze kandi utabigambiriye ,nibindi…..





4.Itsinda rya Kane





Rigizwe n’abantu bapfuye biturutse ku gukoresha imiti yonera imbaraga mu gutera akabariro ariko ikaba yafaswe usanzwe ukoresha imiti ivura uburwayi bw’umutima buzwi nka Angina ,iyo miti ikaba yitwa Nitrolycerine.





Ubushakashatsi bwagaragaje ko kunywa imiti ya Viagra cyanwa Sildenavirmu ie usanzwe ufite uburwayi bw’umutima cyangwa uri ku miti ya Nitrolycerine ndetse nindi yose ikozwe muri Nitrate bitera urupfu mu gihe  uri mu ikorwa cyo gutera akabariro.





Ibi bikaba biterwa nuko uruhurirane rwiyo miti rutera igabanuka ry’umuvuduko w’amaraso bityo umutima ukaba ushobora guhagaraara byoroshye.





Dore icyo wakora kuira no wirinde urupfu mu gihe utera akabariro





1.Kwirinda umubyibuho ukabije  ,ukabungabunga ibiro byawe kuko umubyibuo ukabije utera ibibazo by’umutima n’izindi ndwara zishobora  ku guhitana .





2.ukora Siporo ,Sporo ituma ugira ubuzima bwiza ,ibice byose by’umubiri bigakora neza





3.Kwirinda kunywa inzoga n’ibindi biyobya bwenge





4.Kwirinda uca inyuma umukunzi wawe kuko imfu nyinshi byagaragayeko zibao ari uko waciye inyuma umukunzi wawe ndetse bikaba biterwa ahanini  n’ubwo ba  no kuba utamenyereye uwo muntu.





4.Kwirinda ukora imibonano mpuzabitsina wigana ibyo wabonye cyangwa akoreswa imashini zifashishwa mu kwikinisha .





5.Kwirinda gukoresa imiti yongera imbaraga mu gutera akabariro nka Viagra nindi myinshi.





Izindi nkuru wasoma:





Sobanukirwa na byinshi ku muti wa Viagra uzwiho gutera akanyabugabo no kwifashishwa n’abashaka kumara umwanya munini batera akabariro





Ingaruka zo kunywa ibinini birinda ko wasama mu gihe wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiyeImpamvu 9 zitera gukunda imibonano mpuzabitsina


Gatabazi Jean Sauveur

Umwanditsi akaba n'umuyobozi w'ikinyamakuru cya UbuzimaInfo cyandika ku nkuru zivuga ku buzima Website :www.ubuzimainfo.rw Youtube: UbuzimaInfo Tv

Post a Comment

Previous Post Next Post