Uyu munsi tariki ya 29/10 mu mateka






uyu munsi ,Mu mwaka wa 539 Umwami w'abami Cyrus yarekuye Abayahudi abakura mu bunyage i Babiloni basubira iwabo





Mu mwaka wa 1929 Ingabo z'abanyaportugari zatsinze iz'ubwami bwa Kongo maze zicz Umwami wa Kongo Antonio





Mu mwaka wa 2015 Leta y'ubushinwa yahagaritse Politiki yo kubyara umwana umwe ku muryango.ikaba yari imaze imyaka mirongo itatu nitanu.





Ibindi byabaye kuri uyu munsi tariki ya 29/10





Mu mwaka 1901 Uyu munsi nibwo uwishe Perezida w'amerika William Mckinley yahawe igihano cy'urupfu aho yishwe hakoreshejwe amashanyarazi.





Mu mwaka wa 1960 nibwo indege yaritwaye abakinnyi b'umupira w'amaguru yakoze impanuka igihaguruka ku kibuga cya Toledo muri Leta ya Ohio.





Mu mwaka wa 1929 Habaye ihungabana ry'ubukungu ku isoko ry'imari n'imigabane ry'Amerika uwo munsi wiswe Black Tuesday





Mu mwaka wa 1971 nibwo Umuhanga mu gucuranga gitari yitabye Imana apfiriye mu mpanuka ya moto





Mu mwaka 1998 nibwo inkubi y'umuyaga wa Hurricane yangije igihugu cya Honduras





Mu mwaka wa 1390 nibwo Hatangiye iyicwa n'ihigwa ry'abapfumu mu gihugu cy'ubufaransa





Mu mwaka wa 2012 nibwo inkubi y'umuyaga ya Hurricane yageze mu gihugu cya Leta zunze ubumwe z'Amerika yica abagera 148 ako kanya abandi bagera 138 baza kwica n'ibikomere n'ingaruka yateje .iza no kwangiza ibintu bifite agaciro ka miriyari 70 z'amadorali.





Mu mwaka wa 1863 nibwo Umuryango mpuzamahanga wa Croix Rouge watangiye utangizwa nibihugu umunani i Geneve.





Ibihangage byavutse kuri uyu munsi





1.Ellen Johnson Sirleaf wahoze ayobora igihugu cya Liberia





2.Kate Jackson Umuririmbyikazi akaba n'umunyamakuru kuri Television mu gihugu cya Leta zunze ubumwe z'Amerika.


Gatabazi Jean Sauveur

Umwanditsi akaba n'umuyobozi w'ikinyamakuru cya UbuzimaInfo cyandika ku nkuru zivuga ku buzima Website :www.ubuzimainfo.rw Youtube: UbuzimaInfo Tv

Post a Comment

Previous Post Next Post